Uko impano utanga zikoreshwa

Umurimo w’Abahamya ba Yehova ushyigikirwa n’impano zitangwa ku bushake. Reba uko zifasha abantu bo ku isi yose.

Kwita ku Mazu y’Ubwami

Ku isi hose hari Amazu y’Ubwami arenga 60.000. Ni iki dukora kugira ngo tuyiteho?

Ibikorwa by’ubutabazi mu mwaka wa 2023—“Twiboneye ko Yehova adukunda”

Ibikorwa by’ubutabazi byabaye mu mwaka wa 2023 byagize akahe kamaro? Ni gute ibyo bikorwa bigaragaza urukundo rwa Yehova?

Imirimo y’Ubwubatsi ishyigikira umurimo wo kubwiriza

Ubwubatsi bugira uruhare runini mu gushyigikira umurimo wo kubwiriza. Ni mu buhe buryo impano mutanga zikoreshwa mu mirimo yo kubaka no kuvugurura inyubako zikoreshwa n’ibiro by’amashami?

Inyubako zihesha ikuzo Umwigisha wacu Mukuru

Ni mu buhe buryo inyubako zagenewe kwigishirizwamo amashuri y’umuryango wacu, zigirira akamaro abarimu n’abanyeshuri?

Utugare dushyirwaho ibitabo “kugira ngo tubere amahanga yose ubuhamya”

Hirya no hino ku isi, iyo abantu babonye utugare dushyirwaho ibitabo, bahita bamenya na ba nyira two. Ariko se hakozwe iki kugira ngo utwo tugare dukorwe?

Ibikorwa by’ubutabazi 2022—Uko Abavandimwe bagaragarizanya urukundo

Ni mu buhe buryo twafashije abahuye n’ibiza, mu mwaka 2022?

Kwita ku Mazu y’Ubwami mu gihe cya COVID-19

Twasubukuye amateraniro imbonankubone ku itariki ya 1 Mata 2022. Reba ibyasabwaga kugira ngo dutunganye Amazu y’Ubwami maze twongere kuyateraniramo afite isuku kandi dukurikiza ingamba zo kwirinda COVID-19.

Abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga nabo ntibibagiranye

Dufite za videwo mu ndimi z’amarenga zirenga 100! None se izo videwo zikorwa zite kandi zigera zite ku bo zigenewe?

Ibikorwa by’ubutabazi “mu bihe by’intambara n’inkuru zivuga iby’intambara”

None se imfashanyo zitangwa zite muri Ukraine nubwo intambara iba irimo guca ibintu? Ibikorwa by’ubutabazi byafashije bite abavandimwe bacu?

Imfashanyigisho ya Bibiliya yihariye

Igitabo Ishimire Ubuzima Iteka Ryose gikozwe mu buryo bwihariye butandukanye n’ubwo twagiye dukoresha ku bindi bitabo twasohoye. Menya impamvu.

Ibikorwa by’ubutabazi 2021—Abavandimwe na bashiki bacu ntibatereranywe

Mu mwaka wa 2021, mu bihugu bimwe na bimwe bari bakeneye ubufasha kugira ngo bahangane n’icyorezo cya COVID-19 hamwe n’ibiza bahuye nabyo.

Amakuru y’ukuri atuma tugira ukwizera gukomeye

Twishimira ko tubona amakuru ahuje n’igihe avuga ku bavandimwe na bashiki bacu bo hirya no hino ku isi. Ayo makuru ategurwa ate?

Indirimbo zituma turushaho kuba inshuti za Yehova

Ese haba hari indirimbo isanzwe ukunda cyane? None se wigeze wibaza uko izo ndirimbo zikorwa?

Utudomo duhindura ubuzima

Ntidusohora ibitabo mu nyandiko isomwa n’abatabona gusa ahubwo tunigisha gusoma iyo nyandiko.

Isomero rigendanwa

Abantu benshi bavuga ko porogaramu ya JW Library ntacyo wayigereranya na cyo. Menya ibikorwa kugira ngo yitabweho kandi ikomeze gukora neza.

Bakurikiranye ikoraniro

Ikoraniro ryo mu mwaka wa 2020 ryabaye hifashishijwe interineti, icyakora abenshi mu bavandimwe bacu bo muri Malawi na Mozambike ntibabasha kubona interineti. Byagenze bite kugira ngo babashe gukurikira ikoraniro?

Ibikorwa by’Ubutabazi byakozwe hirya no hino ku isi mu gihe k’icyorezo

Ibikorwa by’ubutabazi byakozwe mu gihe k’icyorezo cya COVID-19 byatangaje Abahamya n’abatari Abahamya.

Abamisiyonari bageza ubutumwa “mu turere twa kure cyane tw’isi”

Hirya no hino ku isi hari abamisiyonari barenga 3 000. Bitabwaho bate?

Guharanira uburenganzira mu by’idini

Iyo abaturwanya babangamiye uburenganzira bwacu bwo gusenga Yehova, abavandimwe bacu bagira icyo bakora.

Sheni ya JW kuri saterite igera aho interineti itagera

Abavandimwe bo muri Afurika bareba bate ibiganiro byo kuri Tereviziyo ya JW kandi batabasha kubona interineti?

Ibiro by’ubuhinduzi byitaruye bigirira akamaro abantu benshi

Menya uko aho abahinduzi bakorera hagira uruhare mu gutuma bakora akazi kabo neza.

Gufasha abahuye n’ibiza

Mu mwaka w’umurimo wa 2020, icyorezo hamwe n’ibiza byagize ingaruka ku bavandimwe babarirwa muri za miriyoni. Ni iki cyakozwe kugira ngo bafashwe?

Guhindura no gucapa igitabo k’ingenzi kurusha ibindi

Imirimo yo guhindura, gucapa no guteranya Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’isi nshya, ikubiyemo ibintu byinshi kurusha uko ubitekereza.

Ishuri rya Gileyadi rifitiye akamaro abantu bo ku isi yose

Hari ishuri ry’ingenzi ribera muri leta ya New York. Abanyeshuri baryigamo baturuka hirya no hino ku isi. Bahagera bate?

Imishinga y’ubwubatsi yakozwe mbere y’icyorezo cya koronavirusi

Mu mwaka w’umurimo wa 2020, twateganyaga kubaka no kuvugurura amazu yo gusengeramo agera ku 2.700. Icyakora icyorezo cya COVID-19 cyatumye ibyo byose bitagerwaho.

Ibisagutse biziba icyuho

Amafaranga akoreshwa mu bihugu bifite amikoro make ava he?

Agasanduku gafitiye benshi akamaro

Abahamya ba Yehova benshi bashobora kubona videwo n’ibitabo byo mu rwego rwa eregitoroniki badakoresheje interineti.

Uko videwo zo mu ikoraniro ry’iminsi itatu ryo mu mwaka wa 2020 zakozwe

Bisaba iki ngo hakorwe videwo zo mu makoraniro y’iminsi itatu tugira?

Guhindura disikuru zo mu ikoraniro ry’iminsi itatu ryo mu mwaka wa 2020 mu ndimi zitandukanye

Ese waba uzi uko byagenze ngo disikuru, firimi n’indirimbo bihindurwe vuba cyane mu ndimi zirenga 500?

Dukoresha ikoranabuhanga rya videwo mu materaniro

Umuryango wacu wakoze iki kugira ngo abagize itorero baterane bakoresheje ikoranabuhanga rya videwo?

GUSOHORA IBITABO

Guhindura no gucapa igitabo k’ingenzi kurusha ibindi

Imirimo yo guhindura, gucapa no guteranya Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’isi nshya, ikubiyemo ibintu byinshi kurusha uko ubitekereza.

Abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga nabo ntibibagiranye

Dufite za videwo mu ndimi z’amarenga zirenga 100! None se izo videwo zikorwa zite kandi zigera zite ku bo zigenewe?

Imfashanyigisho ya Bibiliya yihariye

Igitabo Ishimire Ubuzima Iteka Ryose gikozwe mu buryo bwihariye butandukanye n’ubwo twagiye dukoresha ku bindi bitabo twasohoye. Menya impamvu.

Amakuru y’ukuri atuma tugira ukwizera gukomeye

Twishimira ko tubona amakuru ahuje n’igihe avuga ku bavandimwe na bashiki bacu bo hirya no hino ku isi. Ayo makuru ategurwa ate?

Indirimbo zituma turushaho kuba inshuti za Yehova

Ese haba hari indirimbo isanzwe ukunda cyane? None se wigeze wibaza uko izo ndirimbo zikorwa?

Utudomo duhindura ubuzima

Ntidusohora ibitabo mu nyandiko isomwa n’abatabona gusa ahubwo tunigisha gusoma iyo nyandiko.

Isomero rigendanwa

Abantu benshi bavuga ko porogaramu ya JW Library ntacyo wayigereranya na cyo. Menya ibikorwa kugira ngo yitabweho kandi ikomeze gukora neza.

Sheni ya JW kuri saterite igera aho interineti itagera

Abavandimwe bo muri Afurika bareba bate ibiganiro byo kuri Tereviziyo ya JW kandi batabasha kubona interineti?

Agasanduku gafitiye benshi akamaro

Abahamya ba Yehova benshi bashobora kubona videwo n’ibitabo byo mu rwego rwa eregitoroniki badakoresheje interineti.

UBWUBATSI NO KWITA KU NYUBAKO

Kwita ku Mazu y’Ubwami

Ku isi hose hari Amazu y’Ubwami arenga 60.000. Ni iki dukora kugira ngo tuyiteho?

Imirimo y’Ubwubatsi ishyigikira umurimo wo kubwiriza

Ubwubatsi bugira uruhare runini mu gushyigikira umurimo wo kubwiriza. Ni mu buhe buryo impano mutanga zikoreshwa mu mirimo yo kubaka no kuvugurura inyubako zikoreshwa n’ibiro by’amashami?

Inyubako zihesha ikuzo Umwigisha wacu Mukuru

Ni mu buhe buryo inyubako zagenewe kwigishirizwamo amashuri y’umuryango wacu, zigirira akamaro abarimu n’abanyeshuri?

Kwita ku Mazu y’Ubwami mu gihe cya COVID-19

Twasubukuye amateraniro imbonankubone ku itariki ya 1 Mata 2022. Reba ibyasabwaga kugira ngo dutunganye Amazu y’Ubwami maze twongere kuyateraniramo afite isuku kandi dukurikiza ingamba zo kwirinda COVID-19.

Ibiro by’ubuhinduzi byitaruye bigirira akamaro abantu benshi

Menya uko aho abahinduzi bakorera hagira uruhare mu gutuma bakora akazi kabo neza.

Imishinga y’ubwubatsi yakozwe mbere y’icyorezo cya koronavirusi

Mu mwaka w’umurimo wa 2020, twateganyaga kubaka no kuvugurura amazu yo gusengeramo agera ku 2.700. Icyakora icyorezo cya COVID-19 cyatumye ibyo byose bitagerwaho.

UBUYOBOZI

Guharanira uburenganzira mu by’idini

Iyo abaturwanya babangamiye uburenganzira bwacu bwo gusenga Yehova, abavandimwe bacu bagira icyo bakora.

Ibisagutse biziba icyuho

Amafaranga akoreshwa mu bihugu bifite amikoro make ava he?

KUBWIRIZA NO KWIGISHA

Utugare dushyirwaho ibitabo “kugira ngo tubere amahanga yose ubuhamya”

Hirya no hino ku isi, iyo abantu babonye utugare dushyirwaho ibitabo, bahita bamenya na ba nyira two. Ariko se hakozwe iki kugira ngo utwo tugare dukorwe?

Bakurikiranye ikoraniro

Ikoraniro ryo mu mwaka wa 2020 ryabaye hifashishijwe interineti, icyakora abenshi mu bavandimwe bacu bo muri Malawi na Mozambike ntibabasha kubona interineti. Byagenze bite kugira ngo babashe gukurikira ikoraniro?

Abamisiyonari bageza ubutumwa “mu turere twa kure cyane tw’isi”

Hirya no hino ku isi hari abamisiyonari barenga 3 000. Bitabwaho bate?

Ishuri rya Gileyadi rifitiye akamaro abantu bo ku isi yose

Hari ishuri ry’ingenzi ribera muri leta ya New York. Abanyeshuri baryigamo baturuka hirya no hino ku isi. Bahagera bate?

Uko videwo zo mu ikoraniro ry’iminsi itatu ryo mu mwaka wa 2020 zakozwe

Bisaba iki ngo hakorwe videwo zo mu makoraniro y’iminsi itatu tugira?

Guhindura disikuru zo mu ikoraniro ry’iminsi itatu ryo mu mwaka wa 2020 mu ndimi zitandukanye

Ese waba uzi uko byagenze ngo disikuru, firimi n’indirimbo bihindurwe vuba cyane mu ndimi zirenga 500?

Dukoresha ikoranabuhanga rya videwo mu materaniro

Umuryango wacu wakoze iki kugira ngo abagize itorero baterane bakoresheje ikoranabuhanga rya videwo?

GUFASHA ABAHUYE N’IBIZA

Ibikorwa by’ubutabazi mu mwaka wa 2023—“Twiboneye ko Yehova adukunda”

Ibikorwa by’ubutabazi byabaye mu mwaka wa 2023 byagize akahe kamaro? Ni gute ibyo bikorwa bigaragaza urukundo rwa Yehova?

Ibikorwa by’ubutabazi 2022—Uko Abavandimwe bagaragarizanya urukundo

Ni mu buhe buryo twafashije abahuye n’ibiza, mu mwaka 2022?

Ibikorwa by’ubutabazi “mu bihe by’intambara n’inkuru zivuga iby’intambara”

None se imfashanyo zitangwa zite muri Ukraine nubwo intambara iba irimo guca ibintu? Ibikorwa by’ubutabazi byafashije bite abavandimwe bacu?

Ibikorwa by’ubutabazi 2021—Abavandimwe na bashiki bacu ntibatereranywe

Mu mwaka wa 2021, mu bihugu bimwe na bimwe bari bakeneye ubufasha kugira ngo bahangane n’icyorezo cya COVID-19 hamwe n’ibiza bahuye nabyo.

Ibikorwa by’Ubutabazi byakozwe hirya no hino ku isi mu gihe k’icyorezo

Ibikorwa by’ubutabazi byakozwe mu gihe k’icyorezo cya COVID-19 byatangaje Abahamya n’abatari Abahamya.

Gufasha abahuye n’ibiza

Mu mwaka w’umurimo wa 2020, icyorezo hamwe n’ibiza byagize ingaruka ku bavandimwe babarirwa muri za miriyoni. Ni iki cyakozwe kugira ngo bafashwe?

Ihangane, ibyo wahisemo ntibishobora kuboneka