NIMUKANGUKE! Nzeri 2012 | Ukuri ku birebana n’imperuka
Impaka ku birebana n’imperuka y’isi si iz’ubu. Ukuri ku bihereranye na yo ni ukuhe, kandi se Bibiliya iyivugaho iki?
INGINGO Y'IBANZE
Abantu bashishikajwe n’imperuka
Hari inyandiko nyinshi zivuga ko isi izarangira. Ese ibyo zivuga ni ukuri cyangwa ni ibinyoma?
INGINGO Y'IBANZE
Abantu baragenda barushaho gutinya imperuka
Reba ibintu bitandatu abantu batinya ko bishobora kuzateza imperuka ku isi.
INGINGO Y'IBANZE
Imperuka ntizaba imeze nk’uko ubitekereza
Dukurikije ibyo Bibiliya ivuga, vuba aha ibintu bigiye guhinduka. Ni ibihe bintu bizabaho?
IBIBAZO URUBYIRUKO RWIBAZA
Ni iki nakwitega mu ishyingiranwa? Igice cya 1
Ni izihe nyungu uzabona mu ishyingiranwa kandi se ni izihe ngorane uzahura na zo?
Bibiliya ni igitabo cy’ubuhanuzi nyakuri, Igice cya 5
Yesu yakoresheje ubuzima bwe abwiriza “ubutumwa bwiza bw’ubwami.” Ese iby’ubutumwa yatangazaga byajyanye na we?
Tumenye pariki zo muri iki gihe
Menya akamaro k’izo pariki n’uko zirinda inyamaswa zigarijwe n’akaga.
ESE BYARAREMWE?
Amafi yogera hamwe
Ni ayahe masomo twayakuraho akadufasha kwirinda kugongana kw’imodoka?
ICYO BIBILIYA IBIVUGAHO
Ese ni ngombwa ko ugira idini?
Kuki abantu benshi baretse amadini? Imana yifuza ko tuyisenga dute?
Abaganga b’inzobere bo mu kinyejana cya 5 kugeza mu cya 15
Menya uko ibyo bamwe mu baganga bavumbuye, urugero nk’uwitwa Avicenne byagiriye akamaro ubuvuzi bwo muri iki gihe.
Uburyo bwo kuvurwa hadakoreshejwe amaraso
Soma uko abaganga b’abahanga bo mu bihugu birenga 40 bakiriye amakuru bahawe ku birebana no kuvurwa hadakoreshejwe amaraso.
Hirya no hino ku isi
Ingingo: Ubukerarugendo bwo kwivuza muri Aziya, gukora imirimo myinshi icyarimwe, ingaruka zo kunywa itabi, abapfa bazize imitingito n’umubare uri hejuru w’abiyahura mu Burusiya.
Ibyiza by’indimu
Ushobora kuzirya, ukanywa umutobe wazo cyangwa ukazikuramo amavuta. Indimu zigira akamaro muri byinshi. Menya byinshi kuri izo mbuto.
Urubuga rw’abagize umuryango
Menya ibirebana na Mose, umubembye washimiye Yesu n’ibirebana n’Abahamya ba Yehova bo muri Madagasikari.