Soma ibirimo

Dawidi yiringiraga Imana

Dawidi yiringiraga Imana. N’igihe yabaga ageze mu ngorane zikomeye, ntiyigeze areka gukorera Imana y’ukuri. Irebere ukuntu Yehova yahaye imigisha Dawidi bitewe n’uko yakomeje kumubera indahemuka, urebe n’uko natwe twabona imigisha turamutse twiganye urugero rwa Dawidi.

 

Ibindi wamenya

UDUFISHI TW’ABANTU BAVUGWA MURI BIBILIYA

Agafishi ka Bibiliya ka Dawidi

Nubwo ushobora kuba uzi inkuru ya Dawidi na Goliyati, hari ibindi byinshi ushobora kumenya kuri Dawidi.

INKURU ZO MURI BIBILIYA ZISHUSHANYIJE

Dawidi yabaye intwari

Ni iki cyatumye Dawidi yumva ko yatsinda Goliyati? Kuki ugomba kugira ubutwari bwo gukora ibyiza?

IMYITOZO ISHINGIYE KU MASHUSHO

Dawidi yaje mu izina ry’Imana

Fasha umwana wawe kumenya icyo izina ry’Imana risobanura.

IMYITOZO ISHINGIYE KU MASHUSHO

Dawidi yabaye intwari nubwo yari afite intwaro nke

Huza udukarita tw’abantu bavugwa muri Bibiliya n’ibintu bivugwamo.