NIMUKANGUKE! Mata 2013 | Ihohoterwa rikorerwa mu ngo rizacika rite

Inyigisho zo muri Bibiliya zatumye abantu benshi bahinduka beza, kandi bubaha abo bashakanye.

Hirya no hino ku isi

Ibirimo: imashini yakoze igufwa ry’urwasaya, ibinyabuzima byo muri Antaragitika.

INAMA ZIGENEWE UMURYANGO

Uko wakwirinda kubwira nabi uwo mwashakanye

Wakora iki niba uwo mwashakanye akubwira nabi ku buryo bishobora kubasenyera?

IKIGANIRO

“Nemera ko Imana ari yo yaremye ibinyabuzima”

Soma impamvu umuhanga mu bya siyansi yahinduye uko yabonaga Bibiliya, ubwihindurize, n’inkomoko y’ubuzima.

INGINGO Y'IBANZE

Ihohoterwa rikorerwa mu ngo rizacika rite?

Amahame yo muri Bibiliya yafasha ate abantu b’abanyarugomo guhinduka?

ISI N'ABAYITUYE

Twasuye Indoneziya

Menya umuco n’imigenzo by’abo bantu bagira urugwiro, bakihangana kandi bakakira abashyitsi.

ICYO BIBILIYA IBIVUGAHO

Ubuzima

Menya icyo Bibiliya ivuga ku birebana no kurwara no kwivuza.

Uko wagera ku rubuga rwacu mu buryo bwihuse

Igazeti ya Nimukanguke! isigaye ibonekaho kode zigufasha kugera ku rubuga rwacu bitakugoye.

Ibindi wasomera kuri interineti

Nakora iki niba hari abannyuzura?

Abenshi mu bannyuzurwa bumva nta cyo bamaze. Iyi ngingo isobanura icyo wakora ngo ukemure icyo kibazo.

Yakobo, Esawu n’isupu

Menya ibya Yakobo na Esawu! Vanaho uyu mwitozo, uwucape maze uwusigemo amabara.