Soma ibirimo

Bibiliya zitandukanye

Kuki hariho Bibiliya z’amoko menshi?

Impamvu hariho Bibiliya z’amoko menshi.

Ese Bibiliya​—Ubuhinduzi bw’isi nshya ihuje n’ukuri?

Kuki Bibiliya​—Ubuhinduzi bw’isi nshya itandukanye n’izindi Bibiliya nyinshi?

Inyandiko za kera zandikishijwe intoki ziriho izina ry’Imana

Reba ibihamya bigaragaza ko izina ry’Imana biboneka mu “Isezerano Rishya.”

Guhindura “amagambo yera y’Imana” mu zindi ndimi​—Abaroma 3:2

Mu kinyejana gishize Abahamya ba Yehova bagiye bakoresha Bibiliya nyinshi. Ni iki cyatumye bahindura Bibiliya mu cyongereza gihuje n’igihe tugezemo?

Peshitta y’igisiriyake yamenyekanishije amateka y’ubuhinduzi bwa Bibiliya

Iyi Bibiliya ya kera igaragaza ko Bibiliya zo muri iki gihe zimwe na zimwe zirimo imirongo itaboneka mu mwandiko w’umwimerere.

Bibiliya yitiriwe Bedell yafashije benshi

Mu myaka 300 ishize, iyi Bibiliya yagize akamaro.

Ubuhinduzi bwa Bibiliya bwongeye kuboneka

Reba inkuru ishishikaje y’ukuntu hari ubuhinduzi bwa Bibiliya bwari bwarabuze n’ukuntu bwongeye kuboneka nyuma y’imyaka irenga 200.

Elias Hutter yari umuhinduzi w’umuhanga

Intiti yo mu kinyejana cya 16 yitwa Elias Hutter, yasohoye Bibiliya ebyiri mu giheburayo z’ingenzi cyane.

Ubutunzi bw’agaciro bwamaze igihe kirekire buhishwe

Menya uko Bibiliya ya kera y’ikinyajeworujiya yavumbuwe.

Uko Ijambo ry’Imana ryamenyekanye muri Esipanye

Abanyeshuri bandukuraga Ibyanditswe ku mabuye bahuriye he n’abantu binjizaga Bibiliya rwihishwa muri Esipanye?

Bibiliya mu kinyajeworujiya

Inyandiko za kera zandikishijwe intoki za Bibiliya y’ikinyajeworujiya zo mu kinyejana cya gatanu mbere ya Yesu.

Esitoniya yemeye ko “hari ikintu gikomeye” twagezeho

Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya yo mu kinyesitoniya yashyizwe ku rutonde rw’ibitabo byagombaga guhabwa igihembo mu mwaka wa 2014 kubera ko byateje imbere ururimi.

Izina ry’Imana mu rurimi rw’igiswayire

Reba uko izina ry’Imana ari ryo Yehova ryashyizwe muri Bibiliya y’igiswayire.